Mu Rwanda abantu bane bishwe na #COVID19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 25 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu bane bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 110, naho abakize ni 15.

Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 58 na 50 n’abagabo babiri b’imyaka 66 na 58 i Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

murakoze mukomerezaho

muragijimana yanditse ku itariki ya: 26-02-2021  →  Musubize

Nka abanyamakuru mutubarize REB uburyo bashyira abakozi mu kazi bakamara amezi abo bakorana bahembwa abandi badahembwa Kandi abeshi muri boo no abacumbitsi.. abashyinzwe mu kazi kuya 18/1/2021 babona aba barimu bigisha batarya badusobanurire.

Elias yanditse ku itariki ya: 26-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka