Mu Rwanda abantu babiri ni bo babonetsemo #COVID19 ku wa Kane

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 21 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, bombi bakaba babonetse i Rubavu. Ni mu gihe mu gihugu hose hafashwe ibipimo 5,746.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka