Mu Rwanda abantu babiri ni bo babonetsemo #COVID19 ku wa Kane

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 21 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu babiri banduye Covid-19, bombi bakaba babonetse i Rubavu. Ni mu gihe mu gihugu hose hafashwe ibipimo 5,746.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka