Mu Rwanda abantu babiri bishwe na #COVID19, abakize ni 118

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 11 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 118 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 99, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1436. Abantu babiri mu bari barwaye bitabye Imana i Kigali. Abo ni umugore w’imyaka 64 n’umugabo w’imyaka 79. Abarembye ni cumi na babiri, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka