Mu Rwanda abantu babiri bishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 19 Gashyantare 2021, abantu babiri bitabye Imana bishwe na Covid-19. Habonetse abanduye bashya 94 naho abakize ni 224 mu gihe abakirwaye ari 1,297.

Abitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 77 (ku Kamonyi) na 42 (i Kigali)

Ibitekerezo   ( 1 )

Mufunge umwuka kabisa tubanze turwanye ikicyorezo burya hagumubuzima kuko ibindibirashakwa

Hagumubuzima emmanuel yanditse ku itariki ya: 20-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka