Mu Rwanda abantu 74 bakize Covid-19, abanduye bashya ni 76

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 03 Mata 2021, mu Rwanda abantu 74 bakize Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyikira bose hamwe wa 20,472. Umuntu umwe (1) ni we wishwe n’icyo cyorezo.

Uwapfuye ni umugore w’imyaka 64 (i Kigali).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka