Mu Rwanda abantu 540 bakize COVID-19, ntawapfuye

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 13 Gashyantare 2021, mu Rwanda habonetse abanduye bashya 67, ntawapfuye azize icyo cyorezo, naho abakize ni 540.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Dukomeza ingamba zose , kwirinda harimo kwivuza. Kwambara agamfuka mines neza....

Rwigema seth yanditse ku itariki ya: 14-02-2021  →  Musubize

Dukomeza ingamba zose , kwirinda biriya kwivuza. Kwambara agamfuka mines neza....

Rwigema seth yanditse ku itariki ya: 14-02-2021  →  Musubize

Kunda cyaneeee. Bizagenda biza pole pole tuzayitsinda

zazazaza yanditse ku itariki ya: 13-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka