Mu Rwanda abantu 389 bakize Covid-19 mu munsi umwe, abapfuye ni babiri

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 04 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu babiri bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 154, naho abakize ni 389.

Abitabye Imana ni umugore w’imyaka 69 (i Kigali) n’umugabo w’imyaka 56 (i Muhanga).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka