Mu Rwanda abantu 333 bakize COVID-19, ntawapfuye

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Gashyantare 2021, mu Rwanda habonetse abanduye bashya 141, ntawapfuye azize icyo cyorezo, naho abakize ni 333.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Murahoneza nge ndashimira Imitwe y’aba ministry kubera ibitekezo bahuza hagafatwa imyanzuro hagendewe kucyafasha abanyarwanda murumva ko rwose covide ishobo kuzaba amateka nidukomeza kubahiriza inama tugirwa. Murakozecyane Twese Imana ikomeze ibidufashemo

Mbarubukeye elie yanditse ku itariki ya: 16-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka