Mu Rwanda abantu 125 babasanzemo #COVID19, babonetse mu bipimo 9,816

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 15 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 125, bakaba babonetse mu bipimo 9,816.

Nta muntu wishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize Covi-19 ni 1,344.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka