Mu Rwanda abagore batatu barimo uw’imyaka 29 n’uwa 27 bishwe na COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 09 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 190, naho abakize ni 359.

Abitabye Imana ni abagore batatu b’imyaka 73 (i Kamonyi), 29 (i Kigali) na 27 (i Huye).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka