Mu Rwanda abagore babiri bishwe na COVID-19, abarembye ni 16

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 12 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 125 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 112, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1421. Abantu babiri mu bari barwaye bitabye Imana. Abo ni umugore w’imyaka 59 (i Huye) n’uw’imyaka 24 (i Kigali). Abarembye ni cumi na batandatu, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka