Mu Rwanda abagabo batatu bishwe na COVID-19

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 22 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 146, naho abakize ni 189.

Abitabye Imana ni abagabo batatu b’imyaka 85, 77 (i Kigali) na 43 (i Gicumbi).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka