Mu Rwanda abagabo babiri bishwe na COVID-19, abakize ni 289

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 11 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu babiri bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 127, naho abakize ni 289.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

ingendo zomuntara zifuye byababyiza kuko harabantu benshi bakuwe kukazi kuberako baheze muntara.

HAKIZIMANA SAUEL yanditse ku itariki ya: 12-02-2021  →  Musubize

abanyeshuri bazajya mu rugo ryari?

alias yanditse ku itariki ya: 12-02-2021  →  Musubize

Munama yubutaha 22/02/2021 izadukingurire tige muntata kd izakingure nimipaka kuko hari bicuruzxa bya ngirikiye hanze

Habanabakize thomas yanditse ku itariki ya: 12-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka