Mu bipimo 2,508 habonetsemo abarwayi batatu ba #COVID19

Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima iragaragaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Kamena 2020 mu Rwanda habonetse abarwayi bashya batatu ba COVID-19.

Abo barwayi batatu babonetse mu bipimo 2,508 byafashwe kuri uyu wa Gatatu,
abamaze kuboneka mu Rwanda banduye icyo cyorezo bose hamwe ni 639.

Abantu icyenda mu bari barwaye bakize, abamaze gukira bose hamwe baba 347, naho abakirwaye ni 290.

Ni mu gihe abamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda ari babiri.

Minisiteri y’Ubuzima isaba abaturarwanda bose gukomeza kwitwararika bubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Nukuri twishimiyeko uyumunsi abaye bagabanutse

Rutinduka benoit yanditse ku itariki ya: 17-06-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka