Kubabara ukuboko kw’ibumoso bifite icyo bivuze ku buzima bwawe.

Ububabare bw’ukuboko ntibugombera iteka kuba bwatewe no kuvunika cyangwa kwikanga kw’imitsi, ni yo mpamvu ari byiza ko mu gihe ubwumvise wajya kureba muganga kugira ngo hamenyekane impamvu ibitera, bityo uhabwe ubufasha.

Umuganga w’inzobere mu ndwara za rubagimpande Patrick Sichère, abinyujije mu kinyamakuru doctissimo.fr yasobanuye zimwe mu mpamvu zishobora gutera ubwo bubabare.

Icya mbere ubwo bubabare bushobora kuba buherekejwe n’ibi bimenyetso:

• Kugira ibinya no gufatwa n’imbwa rimwe na rimwe bigera no mu ntoki
• Kubyimbirwa
• Kumva ufatwa n’ibimeze nk’amashanyarazi cyangwa se uburyaryate mu ntoki
• Kumva mu kuboko nta mbaraga zirimo
• Kumva ukuboko kudashobora kunyeganyezwa uko ubishaka

Dore zimwe mu mpamvu zishobora kuba zitera ubu bubabare bw’ukuboko kw’ibumoso

 Disike zo ku gikanu zishobora kuba zavuye mu mwanya wazo (La hernie discale)

 Indwara y’amagufwa izwi nka tendinite (ifata mu rutugu)

 Gutsikamirwa k’umutsi witwa nerf cubital

Nk’uko bisobanurwa na Dr Patrick Sichere, gutsikamirwa k’uyu munsi birangwa no kumva ibinya mu ntoki ebyiri za nyuma.

 Izindi mpamvu: Ikibyimba ku ruti rw’umugongo
ahagana hejuru, ububyimbirwe mu rutugu bwatewe n’impanuka, uburwayi bw’umutima n’ibindi.

Mu gihe ubu bubabare bw’ukuboko buherekejwe no kuribwa mu rwasaya usabwa kwihutira kureba muganga kuko hari igihe biba ari ikimeyetso cyo guhagarara k’umutima (accident cardiaque).

Ibitekerezo   ( 18 )

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Muraho jyewe ndwaye ukuboko kwibumoso hamwe nigice kizosi cyibumoso (igikanu) ndahekenywa cyane birandya cyane iyo nshatse guhindukirira ibumoso akaboko kabaye ibinya ariko ndibwa kwigufwa cyane murutugu Aho akaboko gatereye.
Nimunsobanurire iyo ndwara.

Claude yanditse ku itariki ya: 10-06-2026  →  Musubize

Njyendumva kabokokarya nimitsi omwijosi iba araho cyane byaba biterwa nicyi

Esther yanditse ku itariki ya: 18-02-2026  →  Musubize

Muraho, Nange ndi kubabara igikumwe (urutoki rwingikumwe mungigo) ukuboko kwibumoso byaba biterwa niki? Murakoze

Shobus yanditse ku itariki ya: 29-07-2025  →  Musubize

Mundangire umuti cy,ibinini mbabara murutirigongo haraguru aho amaboko ahurira wasp N +256782666629

MANIRAKIZA STEVEN yanditse ku itariki ya: 2-07-2025  →  Musubize

Mbabara murutirigongo haruguru mubutikora uwandusha kumenya umuti cyangwa ibinini byamfasha wasp nab +256782666629 arabagize neza kuko Mereworth nabi pe simbasha no gukebuka kuberiyompamvu umugongo wabaye nkigiti.

MANIRAKIZA STEVEN yanditse ku itariki ya: 2-07-2025  →  Musubize

Muraho, ndi kubabara igikumwe (urutoki rwingikumwe mungigo) ukuboko kwibumoso byaba biterwa niki? Murakoze

Jean Claude yanditse ku itariki ya: 16-02-2025  →  Musubize

Muraho!Njye mbabara mubujana bwintoki cyane cyane bwikiganza cyibumoso akenshi mugitondo iyo mbyutse sinshobora no gufunga ingumi! Munsobanurire icyibitera Murakoze.

Uwamariya Florentine yanditse ku itariki ya: 20-02-2025  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka