#COVID19 yishe umuntu umwe, i Kigali habonetse abayanduye babiri

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 7 bakaba babonetse mu bipimo 9,548.

Umuntu umwe yishwe na Covid-19 mu Rwanda kuri uwo munsi, akaba ari umugabo w’imyaka 37 i Burera.

Kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose hamwe ni 1,339.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

igitekerezo natanga kubijyanye na covd 19 nuko buri munyarwanda wese aho yaba ari hose ayazirikana ko aubuzima bwe aringenzi bityo agakora igishoboka mu kwirinda covd 19 ikindi kandi n’abantu batarikingiza bakihutira kwikingiza kuko uru rukingo rufite ubushobozi

sandra yanditse ku itariki ya: 19-11-2021  →  Musubize

igitekerezo natanga kubijyanye na covd 19 nuko buri munyarwanda wese aho yaba ari hose ayazirikana ko aubuzima bwe aringenzi bityo agakora igishoboka mu kwirinda covd 19 ikindi kandi n’abantu batarikingiza bakihutira kwikingiza kuko uru rukingo rufite ubushobozi

sandra yanditse ku itariki ya: 19-11-2021  →  Musubize

igitekerezo natanga kubijyanye na covd 19 nuko buri munyarwanda wese aho yaba ari hose ayazirikana ko aubuzima bwe aringenzi bityo agakora igishoboka mu kwirinda covd 19 ikindi kandi n’abantu batarikingiza bakihutira kwikingiza kuko uru rukingo rufite ubushobozi

sandra yanditse ku itariki ya: 19-11-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka