#COVID19 yishe umugore w’imyaka 96 i Huye

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yihanganishije umuryango w’umugore w’imyaka 96 witabye Imana i Huye.

MINISANTE kandi yatangaje ko ku wa Kane tariki 29 Mata 2021, mu Rwanda abakize COVID-19 ari abantu 31 naho abanduye bashya bamenyekanye ni 107. Abakirwaye bose hamwe ni 1,456 naho abarembye ni bane.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka