#COVID19: Undi muntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 998

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 998, bakaba babonetse mu bipimo 17,786.

Umuntu umwe yishwe na Covid-19 mu Rwanda kuri uwo munsi, bituma kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose hamwe baba 1,349. Uwitabye Imana ni umugore w’imyaka 32 i Musanze.

Abashyizwe mu bitaro bashya ni 12, abarembye ni 4 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka