#Covid19: Umuntu umwe yitabye Imana, abarembye ni barindwi

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 07 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 136, bakaba babonetse mu bipimo 10,466.

Umuntu umwe yitabye Imana, akaba ari umugore w’imyaka 76 i Rubavu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka