#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni batatu

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 20 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 3, bakaba babonetse mu bipimo 16,760.

Umuntu umwe yitabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, akaba ari umugore w’imyaka 63 i Burera. Abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 bose hamwe ni 1,456 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka