#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya ni 29

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 1 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 29, bakaba babonetse mu bipimo 8,346.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka