#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 41

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 05 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 41, bakaba babonetse mu bipimo 15,270.

Umuntu umwe yitabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,446 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza. Uwitabye Imana ni umugore umwe w’imyaka 79 w’i Rubavu.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka