#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 22

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 09 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 22, bakaba babonetse mu bipimo 7,854.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka