#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 14

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 27 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 14, bakaba babonetse mu bipimo 19,776.

Umuntu umwe yishwe n’icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda baba 1,342.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka