#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 131

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 26 Mutarama 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 131, bakaba babonetse mu bipimo 12,773.

Umuntu umwe yitabye Imana mu Rwanda kuri uyu munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, baba 1434 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka