#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 13

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 01 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 13, bakaba babonetse mu bipimo 8,513.

Umuntu umwe yishwe n’icyo cyorezo kuri uwo munsi, akaba ari umugabo w’imyaka 53 i Musanze. Abamaze kwitaba Imana bose hamwe mu Rwanda bazize icyo cyorezo ni 1,342.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka