#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye bashya babonetse ni 10

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 03 Werurwe 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 10, bakaba babonetse mu bipimo 10,037.

Umuntu umwe yitabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, akaba ari umugore w’imyaka 61 i Kayonza.

Abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,458 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka