#COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye babonetse ni 11

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 20 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 11, bakaba babonetse mu bipimo 17,235.

Umuntu umwe yishwe na Covid-19 mu Rwanda kuri uwo munsi, kugeza ubu mu Rwanda abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo bose hamwe bakaba bamaze kuba 1,340.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka