#COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 80

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 80, bakaba babonetse mu bipimo 9,748.

Nta muntu witabye Imana. Abinjiye ibitaro ni babiri, nta muntu wasezerewe.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka