#COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 38

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 2 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 38, bakaba babonetse mu bipimo 7,871.

Nta muntu mushya winjiye ibitaro ndetse nta n’urembye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka