#COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye bashya ni 35

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 12 Ugushyingo 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 35, bakaba babonetse mu bipimo 10,350.

Uwinjiye ibitaro ni umwe na ho abasezerewe ni babiri.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka