#COVID19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 87, ntawapfuye

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 03 Werurwe 2021, mu Rwanda abantu 97 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 87, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1364. Mu bari barwaye ntawapfuye, abarembye bakaba ari icyenda, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka