#COVID19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 19, abakize ni 83

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu 19 bashya banduye COVID-19, mu gihe abakize ari abantu 83.

Abo barwayi bashya 19 babonetse mu bipimo 2,054 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 6, Rubavu: 7, Musanze: 3, Nyamagabe: 1, Rusizi: 1, Nyabihu: 1.

Kugeza kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,891 muri bo abamaze gukira ni 5480, naho abakivurwa ni 364.

Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 47.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka