#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya batanu

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 4 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu batanu (5) banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 4,689.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka