#Covid19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 83, abakize ni 81

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 10 Mata 2021, mu Rwanda habonetse abantu 83 bashya banduye Covid-19, buzuza umubare w’abamaze kuyandura bose hamwe wa 23,343. Abakize icyo cyorezo kuri uwo munsi ni 81, abakirimo kuvurwa ni 1,957.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka