#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 60, abarembye ni 8

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 28 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batandatu bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 60, bituma abakirwaye bose hamwe baba 1276. Mu bari barwaye, ntawishwe n’icyo cyorezo, abarembye bakaba ari umunani, nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka