#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 229, abapfuye ni barindwi

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa kabiri tariki 02 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu barindwi bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 229, naho abakize ni 473.

Abitabye Imana ni abagore bane b’imyaka 75, 50, 37 (i Kigali), 64 (i Rulindo) hamwe n’abagabo batatu b’imyaka 80, 60 (i Kigali) na 66 (i Nyaruguru).

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka