#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 146, abapfuye ni batatu

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 03 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu batatu bitabye Imana bishwe na COVID-19. Habonetse abanduye bashya 146, naho abakize ni 218.

Abitabye Imana ni umugore w’imyaka 105 n’abagabo babiri b’imyaka 85 na 52 i Kigali.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Rubyiruko nshuti zange covid 19 irahari itumazeho abantu
Tuyirinde twese kd tubikunze.murakoze

MUTUYIMANA Alice yanditse ku itariki ya: 4-02-2021  →  Musubize

Twirinde covid19 tubishizeho umwete dukurikiza amabwiriza ya ministery yubuzima kuko covid19 ntirobanura uwariwe wese arayandura murakoze.

Muragijimana jeannette yanditse ku itariki ya: 4-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka