#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 136, abakize ni 23

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 26 Gashyantare 2021, mu Rwanda abantu 23 bakize COVID-19. Habonetse abanduye bashya 136, nta muntu icyo cyorezo cyishe nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

NTABWO TUKIBONA UKO UTURERE TWANDUYE

EPIMAQUE yanditse ku itariki ya: 26-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka