#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 10

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku Cyumweru tariki 20 Werurwe 2022 mu Rwanda habonetse abantu 10 banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 9,210.

Muri abo bantu 10 harimo icyenda babonetse i Kigali, n’umwe wabonetse i Nyabihu. Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka