#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye barindwi mu bipimo 5,007

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 18 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19, abantu batandatu muri bo bakaba babonetse i Kigali, umwe aboneka i Rubavu. Ni mu gihe mu Rwanda hose hapimwe abantu 5,007.

Iki cyorezo kimaze iminsi nta muntu gitwara ubuzima mu Rwanda, kuko imibare imaze igihe itangazwa igaragza ko abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ari 1,459.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka