#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye 7 mu bipimo 6,625

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 10 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19, bose bakaba babonetse i Kigali. Ni mu gihe mu Rwanda hose hapimwe abantu 6,625.

Iki cyorezo kimaze iminsi nta muntu gitwara ubuzima mu Rwanda, kugeza ubu
abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka