#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye 7 mu bipimo 6,625

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 10 Gicurasi 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19, bose bakaba babonetse i Kigali. Ni mu gihe mu Rwanda hose hapimwe abantu 6,625.

Iki cyorezo kimaze iminsi nta muntu gitwara ubuzima mu Rwanda, kugeza ubu
abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka