#COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye 7 mu bipimo 4,808

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 23 Mata 2022 mu Rwanda habonetse abantu barindwi banduye Covid-19 barimo batatu babonetse i Nyagatare, babiri babonetse i Kigali n’abandi babiri babonetse i Nyabihu. Ni mu gihe mu gihugu hose hafashwe ibipimo 4,808.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19 ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka