#COVID19: Mu Rwanda abantu 9 bitabye Imana, abanduye bashya ni 448

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku Cyumweru tariki 08 Kanama 2021, mu Rwanda abantu 9 bitabye Imana bazize Covid-19, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 890. Abitabye Imana ni abagore 5 n’abagabo 4.

Iyo Minisiteri yatangaje kandi ko kuri uwo munsi abinjiye bashya mu bitaro ari 10 mu gihe ababisohotse na bo ari 10, abarembye ni 41.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje na none ko abanduye bashya ari 448, bakaba babonetse mu bipimo 6,688. Ibipimo byose bimaze gufatwa ni 2,157,915.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka