#COVID19: Mu Rwanda abantu 6 bitabye Imana, abarembye ni 43

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 23 Kanama 2021 mu Rwanda abantu 6 bitabye Imana bazize Covid-19, abanduye bashya ni 496 babonetse mu bipimo 8,251.

Abitabye Imana ni abagore 5 n’umugabo 1.

Abinjiye ibitaro bashya kuri iyo tariki ni 15, abaserewe ni 11, na ho abarembye bakaba 43.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka