#COVID19: Mu Rwanda abantu 10 bitabye Imana, abahawe doze ya mbere y’urukingo ni 44,584

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 05 Kanama 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 754 bakaba babonetse mu bipimo 14,393.

Abantu 10 bitabye Imana kubera icyo cyorezo, bituma umubare w’abamaze gupfa bose uba 890. Abitabye Imana ni bagore 4 n’abagabo 6.

Iyo Minisiteri yatangaje kandi ko ku wa Kane abasezerewe mu bitaro ari 12 mu gihe ababyinjiyemo bashya ari 20, abarembye ni ni 37.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Bravo to MoH! Turabashimira kubera urugamba murimo rutoroshye rwo gutabara amagara y’abanyarwanda! Muri abantu b’agaciro crane!

CAK yanditse ku itariki ya: 5-08-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka