#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya ni 772, abapfuye ni 22

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE), yatangaje ko ku wa Mbere tariki 12 Nyakanga 2021, mu Rwanda abantu 772 babasanzemo Covid-19, muri bo 251 bakaba babonetse i Kigali, byatumye abamaze kwandura bose hamwe baba 49,016. Yatangaje kandi ko abantu 22 bitabye Imana bazize icyo cyorezo, abakirwaye ni 15,078 naho abarembye ni 70, mu gihe abakize ari 833 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Inzego zishinzwe ubuzima zisaba Abaturarwanda baba abakingiwe n’abatarakingirwa gukomeza kwitwararika birinda kwandura cyangwa kwanduza abandi icyorezo cya Covid-19 gikomeje kugaragaza ubukana mu Rwanda n’ahandi ku isi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Twihanganishije imiryango ya gize ibyago.

Rukundo yanditse ku itariki ya: 13-07-2021  →  Musubize

Twihanganishije imiryango ya gize ibyago.

Rukundo yanditse ku itariki ya: 13-07-2021  →  Musubize

Nubwo Abapfabakomeje kubabenshi icyodusabwa nugukaza ingambazo gukumira no kurwanya covid 19 murakoze.

Ntambarajeanbaptiste yanditse ku itariki ya: 13-07-2021  →  Musubize

Mwajyaga mudufasha kutwereka abapfuye aho baherereye ndetse n’imyaka yabo bityo bikadufasha gushishikariza urubyiruko kwirinda bitewe n’urwo mwatangaje rwitabye Imana. Ni muri urwo rwego nabasaba ngo nimba bishoboka mujye mukomeza mubidushyirireho mwoye kudohoka kuko bidufasha. Abakomeza kwitaba Imana kubera Covid-19 ,Imana ijye ibaha iruhuko ridashira.

Mukandayisenga Françoise yanditse ku itariki ya: 13-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka