#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya bane ni bo babonetse

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Mbere tariki 07 Werurwe 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya bane (4), bakaba babonetse mu bipimo 10,843.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo. Abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,459 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka