#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya babonetse ni 2,083, abarembye ni 5

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 29 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 2,083 bakaba babonetse mu bipimo 22,797.

Nta wishwe na Covid-19 mu gihugu kuri uwo munsi. Abashyizwe mu bitaro bashya ni 47, abarembye ni 5 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka