#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya babonetse ni 2,083, abarembye ni 5

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 29 Ukuboza 2021 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 2,083 bakaba babonetse mu bipimo 22,797.

Nta wishwe na Covid-19 mu gihugu kuri uwo munsi. Abashyizwe mu bitaro bashya ni 47, abarembye ni 5 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka