#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya 68 babonetse mu bipimo 10,048

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 03 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 68, bakaba babonetse mu bipimo 10,048.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,444 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka