#COVID19: Mu Rwanda abanduye bashya 68 babonetse mu bipimo 10,048

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 03 Gashyantare 2022 mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 68, bakaba babonetse mu bipimo 10,048.

Nta muntu witabye Imana mu Rwanda kuri uwo munsi azize icyo cyorezo, abamaze kwitaba Imana mu Rwanda bazize Covid-19, ni 1,444 nk’uko imibare yatangajwe ibigaragaza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka